Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwatangaje ko ruri gukora iperereza kuri Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, akaba ...
Perezida Kagame yabigarutseho ubwo yavugaga ku nama ya CHOGM u Rwanda ruzakira mu mpeshyi y’uyu mwaka. Ni inama izahuriza hamwe ibihugu 54 bigize Umuryango wa...
Bamwe mu baforomo bakoreraga mu bigo nderabuzima byo mu Karere ka Musanze, muri gahunda zijyanye no gukingira icyorezo cya Covid-19, bavuga ko bahangayikishijwe no kuba...
Dusabimana Charlotte w’imyaka 35 y’amavuko wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye yishwe n’umugabo we amukubise ifuni mu mutwe amuziza ibihumbi 10 Frw....
Perezida Paul Kagame yihanganishije abaturage ba Kenya n’Umuryango wa nyakwigendera Mwai Kibaki wayoboye iki gihugu, witabye Imana kuri uyu wa Gatanu azize uburwayi. Perezida wa...
Cristiano Ronaldo ukinira Manchester United hamwe n’umukunzi we Georgina Rodriguez batangaje urupfu rw’umwana wabo w’umuhungu, bavuga ko ari wo “mubabaro ukomeye cyane umubyeyi wese ashobora...
Muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 28 jenoside yakorewe Abatutsi, Uwamahoro Angélique wari utuye mu Murenge wa Nyakiriba mu Kagali ka Kanyefurwe mu...
Konti yo kuri Twitter ya Gen Muhoozi Kainerugaba umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka za Uganda ntiboneka kuri uru rubuga akunze gukoresha cyane. Kuva mu ijoro...