Nta muntu utarafata urukingo rushimangira uzahabwa serivisi zihuza abantu benshi -Min Gatabazi
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), iratangaza ko nta muntu ugejeje igihe cyo guhabwa doze ya Covid-19 yo gushimangira akaba atarayifata, uzahabwa serivisi zihuza abantu benshi. Ibi...