Ubutumwa bwashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Umujyi wa Kigali buragira buti “Umujyi wa watangiye gahunda yo gushyira intebe rusange (public bench) hirya no hino mu...
Minisiteri y’ibidukikije yatangaje ko mu bihe biri imbere imwe mu myanda iva mu baturage, izajya igurwa n’amasosiyete ayibyaza umusaruro, mu gihe byari bimenyerewe ko ari...
Shabana Basij-Rasikh washinze ishuri ry’abakobwa gusa, School of Leadership Afghanistan (SOLA), yavuze ko bari mu nzira bimurirwa mu Rwanda, ndetse afite icyizere cy’ubuzima buri imbere...
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kwakira by’igihe gito bamwe mu baturage bo muri Afghanistan, barimo guhunga nyuma y’uko...
Ishyirahamwe ry’Uturere n’Umujyi wa Kigali mu Rwanda (RALGA) ryahembye Uturere twaje ku isonga mu gutanga umusanzu w’umwaka wa 2020-2021, ku isonga haje Akarere ka Gatsibo. Akarere...
Umukuru wa Kiliziya gatolika ku isi Papa Francis yatanze ubutumwa busaba abantu kwikingiza Covid-19 avuga ko inkingo zishobora kurangiza iki cyorezo, ariko mu gihe zigeze...