Image default
Amakuru

Agashya mu Mujyi wa Kigali: Intebe zo kwicaraho mu busitani hirya no hino

Ubutumwa bwashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Umujyi wa Kigali buragira buti “Umujyi wa watangiye gahunda yo gushyira intebe rusange (public bench) hirya no hino mu busitani ku buryo abantu bazajya babona aho bakwicara baganira, baruhuka, basoma ibitabo, ni mu rwego rwo gukomeza kugira Umujyi ukeye kandi utekanye.”

Bakomeje bavuga ko “Mu cyiciro cya mbere hagiye gushyirwaho intebe 75, ahantu 33 hatoranyijwe, izambere ziri Rwandex mu busitani buhari, izindi ziri muri CarFreeZone, ni umushinga uzagenda waguka uko ubushobozi buzajya buboneka, turasaba abaturage gufata neza ibyo bikorwaremezo no kuhagirira isuku.”

Image

Image

Image

Related posts

Abarwanyi ba FLN bateye u Rwanda hapfamo babiri

EDITORIAL

Hari ababyeyi basobanukiwe ibanga ry’ibikinisho mu gukangura ubwonko bw’abana

Emma-marie

Those who think Rwanda lacks mineral resources should be ashamed – Francis Gatare

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar