Image default
Amakuru

Agashya mu Mujyi wa Kigali: Intebe zo kwicaraho mu busitani hirya no hino

Ubutumwa bwashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Umujyi wa Kigali buragira buti “Umujyi wa watangiye gahunda yo gushyira intebe rusange (public bench) hirya no hino mu busitani ku buryo abantu bazajya babona aho bakwicara baganira, baruhuka, basoma ibitabo, ni mu rwego rwo gukomeza kugira Umujyi ukeye kandi utekanye.”

Bakomeje bavuga ko “Mu cyiciro cya mbere hagiye gushyirwaho intebe 75, ahantu 33 hatoranyijwe, izambere ziri Rwandex mu busitani buhari, izindi ziri muri CarFreeZone, ni umushinga uzagenda waguka uko ubushobozi buzajya buboneka, turasaba abaturage gufata neza ibyo bikorwaremezo no kuhagirira isuku.”

Image

Image

Image

Related posts

Nyagatare: Bamwe mu bana basiramuwe ku buntu babuze uko bipfukisha

Emma-marie

Perezida Kagame yashyize akadomo ku kibazo cya camera zashyizwe ahari ibyapa by’umuvuduko wa 40Km/h

EDITORIAL

#Kwibohora26: Ahahoze hitwa muri ‘Sentimetero’ hatashywe umudugudu uteye amabengeza

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar