Hagaragajwe ko amatelephone y’abaharanira uburenganzira bwa muntu, ay’abanyamakuru batandukanye n’abanyamategeko bo hirya no hino ku Isi,  anekwa hifashishijwe ‘software/logiciel yitwa Peagasus yakozwe na Kompanyi ya...
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Gisenyi no mu nkengero zawo bangirijwe ibyabo n’imitingito yakurikiye iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo bavuga ko nta bushobozi bafite bwo...
Bwa mbere, WhatsApp iri kugerageza uburyo buzatuma abantu bayikoresha nubwo baba badafite telephone zabo. Ubusanzwe, WhatsApp igomba kuba iri kuri telephone yawe. Uburyo bundi bwo...
Mu karere ka Rubavu, hari abaturage barenga 150 bo mu Murenge wa Cyanzarwe, bavuga ko bahangayikishijwe n’ingurane idakwiye babariwe ku butaka bwabo buzubakwamo uruganda rwa...
Nyuma y’ubusaba bwa Leta ya Mozambique, Leta y’u Rwanda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu, iratangira kohereza Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda 1000 mu Ntara...