Abashimuse abapadiri babiri bo muri Kiliziya Gatolika ku wa gatanu mu majyaruguru ya Nigeria basabye ingwate nyinshi cyane, nkuko bivugwa n’umukuru w’ishyirahamwe ry’amadini ya gikristu...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko yakomoje ku iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi, mu nama yagiranye n’igikomangoma cya Saudi Arabia (Arabie Saoudite) Mohammed bin Salman. Biden...
Polisi ya Nigeria yatabaye abantu 77, barimo n’abana, bari bari mu rusengero aho bari bafungiranywe, muri leta ya Ondo mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’igihugu. Byemezwa...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yavuze ko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin atari kuba yarateye Ukraine iyo aza kuba ari umugore. Johnson yavuze ko igitero cy’Uburusiya...
Abaturage ba Thailand ubu bashobora guhinga urumogi mu rugo no kugurisha umusaruro wabo, nyuma yuko iki gihugu kirukuye ku rutonde rw’ibiyobyabwenge bitemewe. Iki gihugu ni...