Umuryango wa CEDEAO uhuza ibihugu 15 byo mu burengerazuba bw’Afurika watangaje ko uhaye igihugu cya Mali igihe kiri hagati y’ umwaka umwe n’amezi 16 ngo...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaheze mu isi ifunze yishyizemo, nkuko byemezwa na ba maneko b’i Burayi n’Amerika. Kandi ibyo birabahangayikishije bakaba bavuga ko bashaka kwinjira...
Ibisasu biremereye byaramutse birasaswa ku murwa mukuru Kyiv none kuwa kabiri. Bimaze kuba akamenyero muri iyi ntambara ko kare kare mu gitondo abarusiya barasa ibisasu...
Olena Zelenska,umugore wa Perezida wa Ukraine ku nshuro ya mbere yatangaje inyandiko ikubiyemo ibyo asaba umuryango mpuzamahanga. Yavuze akaga k’iyi ntambara, by’umwihariko ku bana n’abagore....
Freeman Mbowe ukuriye abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania yashimiye ibyakozwe na Perezida Samia Suluhu kuri we nyuma y’iminsi abashinjacyaha baretse ibirego by’iterabwoba yaregwaga, we n’abandi...
Perezida Joe Biden yavuze ko Perezida Vladimir Putin “ni we wenyine” wateje intambara kuri Ukraine yongeraho ko “kandi azabyishyura igiciro gikomeye mu gihe kirekire”. Ijambo...
Igisikare cya Ukraine cyatangaje ko abasirikare b’Uburusiya basubukuye ibitero byabo ku murwa mukuru Kyiv. Umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka yatangaje kuri Facebook ko “ibintu...