Aba Taliban babujije abogoshi (aba-coiffeurs) bo mu ntara ya Helmand mu majyepfo ya Afghanistan kogosha cyangwa guconga ubwanwa, bavuga ko binyuranyije n’uko bo bafata amategeko...
N’ahagana mu mpera y’impeshyi, abimukira bacye ni bo bagerageza kwambukira muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bavuye mu mujyi wa Mexicali wo muri Mexique (Mexico) uri...
Aba Taliban basabye kugeza ijambo ku bategetsi b’isi mu nteko rusange y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) muri iki cyumweru iteraniye i New York muri Amerika. Minisitiri w’ububanyi...
Mu butumwa bwo kuri Twitter, umutwe w’inyeshyamba wa RED Tabara uvuga ko warashe “ibisasu byinshi ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Bujumbura” ahagana saa tanu z’ijoro...
Abdelaziz Bouteflika wahoze ari Perezida wa Algeria yapfuye afite imyaka 84 nyuma y’uburwayi bw’igihe kirekire. Bouteflika yategetse iki gihugu cyo mu majyaruguru y’Afurika mu gihe...
Minisitiri w’ingabo w’Ubufaransa Florence Parly yaburiye Mali kwirinda kugirana amasezerano na kompanyi icunga umutekano yo mu Burusiya. Hashize igihe hari amakuru yuko abasirikare bari ku...
BBC yemeje ko ubwicanyi nk’ubwo bwakorewe abantu batari munsi ya 20 muri Panjshir. Umwe mu bishwe yari umucuruzi ufite iduka ndetse akaba na se w’abana...
Abakozi ba Leta muri Zimbabwe basabwe guhitamo kwikingiza Covid-19 cyangwa bakareka akazi, iki cyemezo ngo kigamije guhwitura abakomeje kwinangira. Mu kiganiro yatanze kuri radio y’Igihugu,...
Bitunguranye Perezida Alpha Conde yahiritswe ku butegetsi kuri iki cyumweru ahita atabwa muri yombi n’abasirikare bo mu rwego rudasanzwe, Groupement des Forces specials (GPS) ruyobowe na...
Saadi Gaddafi, umuhungu wa Mouammar Gaddafi wahoze ari Perezida wa Libye, yafunguwe nyuma y’imyaka irindwi mu gihome. Kuri iki cyumweru Minisiteri y’Ubutabera muri Libye yatangaje...