Minisitiri w’Intebe yakebuye abacuruzi buririra ku ntambara “iri aha naha” bakazamura ibiciro
Mu Kiganiro Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yagiranye n’abanyamakuru, yavuze ku kibazo kijyanye n’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa bimwe na bimwe akebura abacuruzi buririra ku ntambara “iri...