Tariki  ya 04/08/2021  Urukiko Rw’ibanze rwa Byumba rwafunze iminsi 30 y’agateganyo abayobozi babiri  bo mu midugudu ya Buyaga na Rusayu mu Kagari ka Marembo mu...
Bamwe mu bakobwa bakoraga muri HIGH SEC CO.LTD birukanwe mu kazi nyuma yo gutanga amakuru ko umuyobozi wabo (ubu arafunze) abasaba ruswa ishingiye ku gitsina....
Urukiko rukuru i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwategetse ko urubanza rwa Yvonne Idamange ruburanishirizwa mu muhezo, we yahise yihana (yanga) inteko y’abacamanza yategetse ibi....
Urubanza rwa Yvonne Idamange rwasubitswe kuko igihe cyo gutangira yari ari mu cyumba afungiwemo i Kigali kuko yanze kuburanira ku cyicaro cy’urukiko i Nyanza mu...