Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziravuga ko kuva icyorezo cya COVID19 cyagera mu Rwanda,  ukwezi gushize kwa Gatandatu ariko kwabaye kubi kurusha ikindi gihe, ari nayo...
Abantu batandukanye bakunze kuvuga ko kurya ninjoro ari bibi bagatanga impamvu y’uko bitera umubyibuho, bibuza gusinzira n’ibindi. Inzobere mu bijyanye n’imirire zivuga ko nta mpamvu...
Inzobere mu bijyanye n’indwara ya kanseri zivuga ko abagore/abakobwa bambara amasutiye abahambiriye amabere baba bikururira ibyago byo kurwara kanseri ‘cancer’ ifata amabere. Isutiye ni umwambaro...
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Migeprof yagaragaje ko mu mezi arindwi ya mbere y’umwaka wa 2020, abakobwa b’abangavu basaga ibihumbi 11 bahawe serivise zo kuboneza urubyaro,...
Dr Jen Gunter ni umuganga w’inzobere mu by’indwara zibasira abagore muri Amerika no muri Canada ufite ubunararibonye bw’imyaka 25, yiyemeje gutangaza amakuru mpamo agamije kunyomoza...
Inzobere mu bijyanye n’ubuvuzi bw’indwara zo mu gutwi zivuga ko ubukurugutwa budakabije atari umwanda ahubwo bufatiye runini ubuzima bwo mu gutwi, bagatanga n’inama zijyanye n’uburyo...