Inkuba yakubise yica abantu 11 abandi benshi barakomeraka mu mujyi wa Jaipur mu majyaruguru y’Ubuhinde ku cyumweru. Abo yakubise barimo bafata ‘selfie’ mu mvura bari...
Ubushakashatsi buvuga ko abarenga bibiri bya gatatu mu rubyiruko baryama bambaye ubusa mu gihe 40% gusa by’abageze mu myaka ya za 70 baryama nta myenda...
Itariki 06 z’ukwa karindwi buri mwaka abantu ku isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wo gusomana, igikorwa inzobere zivuga ko ari ingenzi mu buzima. Ni umunsi wizihijwe...
Minisiteri y’Ingabo ya Ukraine bwacanyweho umuriro ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira kumbuga nkoranyambaga amafoto y’abasirikare b’igitsinagore bambaye inkweto ndende ‘escarpins’ bari mu myitozo y’akarasisi...
Muri Nzeri 2020, Ikigo Terrence Higgins Trust gikorera i London mu Bwongereza, cyatangaje inama kigira abantu, kivuga ko bakwiye kwirinda gusomana, bakambara agapfukamunwa mu gihe...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, abinyujije ku mbuga nkoranyamba zitandukanye yatangaje ko umuryango we ufite agahinda gakomeye kubera urupfu rw’imbwa ye ‘Champ’...
AND iboneka mu macandwe ishobora kwifashishwa mu bushakashatsi n’iperereza bigamije kuvumbura abakekwaho ibyaha bagacakirwa n’ababishinzwe bitagoranye. Amacandwe ni kimwe mu bintu by’igenzi bifatiye runini umubiri...
Inkuru ikomeje kuvugwa hirya no hino ku isi ni iy’urushyi Umukuru w’Igihugu cy’u Bufaransa, Emmanuel Macron yakubiswe n’umuturage ku karubanda kuri uyu wa kabiri tariki...