Agnes Sithole yabaye intwari ku bagore ibihumbi amagana b’abirabura muri Africa y’Epfo. Ku myaka 72, yareze umugabo we mu rukiko ngo amubuze kugurisha inzu yabo...
Bamwe bati ‘ibikundanye birajyana’ abandi bati ‘ nzagukunda kugeza ku rupfu’ mu Bufaransa haravugwa inkuru y’umukecuru n’umusaza bari bamaze imyaka 64 babana nk’umugore n’umugabo bapfiriye...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare, Ndagijimana Gustave yafashe icyemezo cyo gushyira abaturage bo mu Kagari ka Agatare muri Guma mu Rugo, Ubuyobozi bw’Akarere bubitesha agaciro....