Ibyo birumvikana nka byendagusetsa cyangwa ikibazo cy’umwana. Ariko ku bahanga muri science iki ni ikintu gikomeye. Mu by’ukuri, niba ku misusire abantu dusa rwose n’inyamaswa...
Umunsi umwe, hashize imyaka igera ku 3,600, abaturage b’umujyi wa cyera wo mu burasirazuba bwo hagati, uyu munsi witwa Tall el-Hammam, bari mu buzima bwabo...
Inzobere mu bijyanye n’ubumenyamuntu zigaragaza ko hari amasaha ntarengwa yo gusinziriraho wayarenze bikagira ingaruka ku buzima n’imitekerereze bya muntu. Kuryama kare ni ingenzi mu uzima...