Image default
Amakuru

Hari bigo bya Leta bigiye kuva mu bukode

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiturire (RHA) cyatangaje cyo n’ibindi bigo bya Leta birimo RDB, Ikigo gishinzwe Ubutaka; Igishinzwe iby’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro-RMB; Igishinzwe ibidukikikije-REMA bigiye kwimukira mu muturirwa Leta yujuje ku Gishushu mu Karere ka Gasabo.

Iyi nyubako yaguzwe na Leta y’u Rwanda, yo kimwe n’izindi ziri kubakwa, ni zimwe mu zitezweho kugabanya ikiguzi Leta itanga mu gukodesha aho Ibigo n’Inzego bikorera.

Image

Mu myaka itanu ishize, Leta y’u Rwanda yakoreshaga amafaranga arenga gato miliyari 3 Frw ku mwaka ku bukode bw’inyubako zikorerwamo n’inzego zitandukanye, gusa mu gihe gito ayo mafaranga yarazamutse, agera kuri miliyari 12 Frw ni ukuvuga hafi miliyari 1 Frw buri kwezi.

Image

iriba.news@gmail.com

 

Related posts

Hatahuwe igaraje ribagirwamo moto zibwe

EDITORIAL

NISR board of directors acknowledges pioneering data initiatives

EDITORIAL

Uko ‘Influencers’ kuri Twitter bahabwa akayabo ngo bagorore ibivugwa kuri Perezida Uhuru Kenyatta

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar