Image default
Amakuru

Hari bigo bya Leta bigiye kuva mu bukode

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiturire (RHA) cyatangaje cyo n’ibindi bigo bya Leta birimo RDB, Ikigo gishinzwe Ubutaka; Igishinzwe iby’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro-RMB; Igishinzwe ibidukikikije-REMA bigiye kwimukira mu muturirwa Leta yujuje ku Gishushu mu Karere ka Gasabo.

Iyi nyubako yaguzwe na Leta y’u Rwanda, yo kimwe n’izindi ziri kubakwa, ni zimwe mu zitezweho kugabanya ikiguzi Leta itanga mu gukodesha aho Ibigo n’Inzego bikorera.

Image

Mu myaka itanu ishize, Leta y’u Rwanda yakoreshaga amafaranga arenga gato miliyari 3 Frw ku mwaka ku bukode bw’inyubako zikorerwamo n’inzego zitandukanye, gusa mu gihe gito ayo mafaranga yarazamutse, agera kuri miliyari 12 Frw ni ukuvuga hafi miliyari 1 Frw buri kwezi.

Image

iriba.news@gmail.com

 

Related posts

Ibihugu 170 biri mu Rwanda mu nama yiga ku iterambere ry’umugore

EDITORIAL

5 Alternatives To Gigi Hadid’s Sold-Out Nude Lipstick

Emma-marie

Hatangiye iperereza ku cyateje impfu z’abana 19 mu bitaro bya Ruhengeri

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar