Image default
Amakuru

Kigali: Ibintu byahindutse Inyamirambo

Ubutumwa bwashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa 23 Kamena 2021 buragira buti: “Umujyi Kigali wabaye ufunze imihanda itatu mu Biryogo KN 113 St, KN 115 St, KN 126 St ku binyabiziga bikoresha moteri, kugira ngo hakoreshwe mu rwego rwo kwirinda ubucucike ku hasanzwe hari ‘restaurants’, bazajya bahicaza abakiriya bahanye intera muri ibi bihe bya Covid-19.

Image

Ba nyiri ‘restaurant’ barahashyira intebe n’ameza kugira ngo bakomeze kwakira ababagana ariko bakurikiza ingamba zo kwirinda koronavirusi. Nta bindi byemerewe gukorerwa muri iyo mihanda uretse kwakira abakiriya kandi bakitwararika ku isuku yaho. Ntakudohoka.”

Image

Iriba.news@gmail.com

 

 

Related posts

Rutsiro: Haravugwa insoresore zikubita abaturage zikanabambura

EDITORIAL

Minisante yatangaje igiciro cyo gupima coronavirus ku munyarwanda n’umunyamahanga

Emma-marie

Muri Gare Nyabugogo abantu ni uruvunganzoka

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar