Image default
Amakuru

Kigali: Ibintu byahindutse Inyamirambo

Ubutumwa bwashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa 23 Kamena 2021 buragira buti: “Umujyi Kigali wabaye ufunze imihanda itatu mu Biryogo KN 113 St, KN 115 St, KN 126 St ku binyabiziga bikoresha moteri, kugira ngo hakoreshwe mu rwego rwo kwirinda ubucucike ku hasanzwe hari ‘restaurants’, bazajya bahicaza abakiriya bahanye intera muri ibi bihe bya Covid-19.

Image

Ba nyiri ‘restaurant’ barahashyira intebe n’ameza kugira ngo bakomeze kwakira ababagana ariko bakurikiza ingamba zo kwirinda koronavirusi. Nta bindi byemerewe gukorerwa muri iyo mihanda uretse kwakira abakiriya kandi bakitwararika ku isuku yaho. Ntakudohoka.”

Image

Iriba.news@gmail.com

 

 

Related posts

Ikirunga Nyiragongo cyaba kigiye guteza ‘ibindi byago’

Emma-marie

Ibyo wamenya ku modoka zikoresha ikoranabuhanga rya AI zitangiza ibidukikije

EDITORIAL

Min. Musabyimana yasabye aba ‘Dasso’ gufasha Uturere kwesa imihigo

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar