Image default
Amakuru

RDF na RNP ku butaka bwa Mozambique

Nyuma y’ubusaba bwa Leta ya Mozambique, Leta y’u Rwanda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu, iratangira kohereza Abasirikare  n’Abapolisi b’u Rwanda 1000 mu Ntara ya Cabo Delgado imaze igihe ifite ibibazo by’umutekano muke.

Ibikorwa bya Guverinoma y’u Rwanda byo koherezayo ingabo muri iki gihugu bije nyuma y’ubusabe bwa Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, wagiriye uruzinduko mu Rwanda muri Mata.

Image

Cabo Delgado ni intara iri mu Majyaruguru ya Mozambique, ituwe n’abaturage barenga miliyoni ebyiri bari ku buso bwa kilometero kare 82.625. Iri ku mupaka wa Tanzania ndetse ituwe n’abaturage bo mu bwoko bw’aba- Makonde, Makua na Mwani.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

MINAGRI yasabye abadafite ikibazo cy’imyemerere kurya inyama z’ingurube

EDITORIAL

Abashinzwe gusesengura dosiye z’abakeneye inguzanyo z’amafaranga menshi ntibagirira icyizere abagore -Diane Karusisi

EDITORIAL

Kabuga Félicien yafashwe  

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar