Image default
Amakuru

RDF na RNP ku butaka bwa Mozambique

Nyuma y’ubusaba bwa Leta ya Mozambique, Leta y’u Rwanda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu, iratangira kohereza Abasirikare  n’Abapolisi b’u Rwanda 1000 mu Ntara ya Cabo Delgado imaze igihe ifite ibibazo by’umutekano muke.

Ibikorwa bya Guverinoma y’u Rwanda byo koherezayo ingabo muri iki gihugu bije nyuma y’ubusabe bwa Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, wagiriye uruzinduko mu Rwanda muri Mata.

Image

Cabo Delgado ni intara iri mu Majyaruguru ya Mozambique, ituwe n’abaturage barenga miliyoni ebyiri bari ku buso bwa kilometero kare 82.625. Iri ku mupaka wa Tanzania ndetse ituwe n’abaturage bo mu bwoko bw’aba- Makonde, Makua na Mwani.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Icyerekezo cyacu gishingiye ko utsinze atiharira ahubwo asaranganya imyanya n’abandi-FPR Inkotanyi

EDITORIAL

Abasaga 200 bamaze umwaka bibera ku Musozi mu masengesho

EDITORIAL

Facebook yahinduye izina

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar