Image default
Amakuru

RDF na RNP ku butaka bwa Mozambique

Nyuma y’ubusaba bwa Leta ya Mozambique, Leta y’u Rwanda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu, iratangira kohereza Abasirikare  n’Abapolisi b’u Rwanda 1000 mu Ntara ya Cabo Delgado imaze igihe ifite ibibazo by’umutekano muke.

Ibikorwa bya Guverinoma y’u Rwanda byo koherezayo ingabo muri iki gihugu bije nyuma y’ubusabe bwa Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, wagiriye uruzinduko mu Rwanda muri Mata.

Image

Cabo Delgado ni intara iri mu Majyaruguru ya Mozambique, ituwe n’abaturage barenga miliyoni ebyiri bari ku buso bwa kilometero kare 82.625. Iri ku mupaka wa Tanzania ndetse ituwe n’abaturage bo mu bwoko bw’aba- Makonde, Makua na Mwani.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Abasirikare bashya basoje imyitozo ibemerera kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda-Amafoto

EDITORIAL

Ugiye kugura urubuga rwa Twitter yamenyekanye

EDITORIAL

Impungenge ku Banyarwanda bashobora kuzisanga mu bushomeri kubera ubwenge bw’ubukorano

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar