Umunyarwenya Anne Kansiime wo muri Uganda yibarutse imfura ye y’umuhungu kuri uyu wa 24 Mata 2021 yabyaranye n’umuhanzi, akaba n’umugabo we wa kabiri witwa Abraham...
Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles uzwi ku izina rya KNC mu kiganiro yagiranye na Rwanda Magazine, ubwo bamubazaga uko biteguye imikino yo mu...
Hinda Déby Itno, w’imyaka 41, bivugwa ko ari we wari umugore w’inkundwakazi wa nyakwigendera perezida Idriss Déby wayoboye Tchad imyaka 30. Uyu mugore ni umukobwa...
Adeline Mukangemanyi kuri uyu wa Kane tariki 22, Mata, 2021 yitabye Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha nyuma y’uko yari yararusabye kuzirwitaba yunganiwe. Umuvugizi w’uru rwego Dr Thierry...
Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka batuye mu Mirenge irimo Nyabirasi mu karere ka Rutsiro, bavuga ko nyuma yo gutuzwa mu Midugudu ubuzima bwabo bwabaye bwiza,...
Bamwe mu bacuruzi bo mu Karere ka Rusizi bimuriye ibikorwa byabo by’ubucuruzi i Bukavu muri Repuburika ya Demukarasi ya Congo bikavugwa ko bahunze imisoro ihanitse....
Kuva kuri sumaku (aimant/magnet) ifata ku cyuma kugeza ku kujugunya umupira wa basketball mu nkangara, ingufu z’ubugenge (physics) ziba mu buzima bwacu bwa buri kanya....
Idriss Déby, Perezida wa Tchad wo mu myaka 30 ishize, yabayeho kurenza izina bamuhimbaga rya ‘Le Grand Survivant’ (The Great Survivor). Uyu mugabo wari ufite...