Hagaragajwe ko amatelephone y’abaharanira uburenganzira bwa muntu, ay’abanyamakuru batandukanye n’abanyamategeko bo hirya no hino ku Isi,  anekwa hifashishijwe ‘software/logiciel yitwa Peagasus yakozwe na Kompanyi ya...
Ingabo za Amerika na OTAN bigeze aho ziva muri Afghanistani nyuma y’imyaka 20 y’intambara. Abatalibani, bari baje kunesha, bo barimo kugenda bafata vuba vuba uturere...
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Gisenyi no mu nkengero zawo bangirijwe ibyabo n’imitingito yakurikiye iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo bavuga ko nta bushobozi bafite bwo...
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yageze i Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Nyakanga 2021, aho agiye kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri....
Umupolisikazi wo muri Kenya wari umaze igihe ashakishwa aregwa kurasa akica abagabo babiri bamusanze yapfuye mu rugo rw’ababyeyi be. George Natembeya, umutegetsi wo mu ntara...
Bwa mbere, WhatsApp iri kugerageza uburyo buzatuma abantu bayikoresha nubwo baba badafite telephone zabo. Ubusanzwe, WhatsApp igomba kuba iri kuri telephone yawe. Uburyo bundi bwo...