Hari icyo Leta isaba abaturage nyuma y’uko ubwandu bwa Omicron bugaragaye mu Rwanda
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko mu Rwanda habonetse abantu batandatu banduye ubwoko bushya bwa Covid yihinduranyije bwa Omicron, bakaba ari “abagenzi ndetse n’abahuye nabo”. Itangazo ry’iyi...