Cyuzuzo Jeanne D’Arc, Umunyamakuru wa KISS FM, unakora ikiganiro ‘Ishya; gica kuri Televiziyo Rwanda yabwiye umukunzi we Thierry Eric Niyigaba ‘Yego’ amwemerera ko azamubera umugore....
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Macuba no mu nkengero zawo baravuga imyato Ikigo cy’imari Umurimo Finance LTD kimaze imyaka 13 gitanga service z’imari...
Imwe mu nkingi zigize gahunda ya VUP izwi nka gahunda y’imfashabere (nutrition sensitive direct support), inkunga ihabwa ababyeyi bo mu kiciro cya mbere n’icya kabiri...
Abaturage bo mu karere ka Rulindo bahangayikishijwe n’inyama barya batazi aho zibagirwa zirimo n’izibagira mu rutoki no mu gacaca. Bavuga ko bishimira ko hafunguwe ibagiro...
Hashize hafi icyumweru kuva Mohamed Isa Omar atabariwe mu mazi akonje, umwe muri babiri gusa barokotse impanuka y’ubwato bwishe abantu benshi ku buryo butaraboneka. Ariko...
Mu gihe imibare igaragaraza ko mu Rwanda abantu basaga ibihumbi 200 bafata imiti igabanya ubukana bw’agakoko gatera SIDA, Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko u Rwanda rwihaye...