Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), giherutse gushyira ku mugaragaro ubushakashatsi cyakoze ku mibereho y’abaturage mu mwaka wa 2020-2021, Intara y’Amajyaruguru iza ku isonga mu...
Muri iyi ndirimbo ‘Rukundo rwanjye ruto’ iri kuri album ye nshya, umuhanzikazi Adele yazamuye amarangamutima ya benshi mu bafana be, aho aririmba aganira n’ umuhungu...
Twitter yahagaritse konti bwite ya Depite wo muri Amerika Marjorie Taylor Greene kubera gukomeza guhonyora amategeko yayo abuza gukwirakwiza ku bushake amakuru atari ukuri kuri...
Abatuye mu Mirenge y’Akarere ka Rubavu ikora ku mupaka w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuze ko bashimira uko umutekano ubungabunzwe iwabo bakaba...