Dusabimana Charlotte w’imyaka 35 y’amavuko wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye yishwe n’umugabo we amukubise ifuni mu mutwe amuziza ibihumbi 10 Frw....
Emmanuel Macron wahabwaga amahirwe yongeye gutorerwa kuba perezida w’Ubufaransa atsinze mucyeba we Marine Le Pen, ahita atangaza ko ari Perezida wa bose kandi ko agiye...
Kuri iki cyumweru abatora mu Bufaransa barimo guhitamo niba baha indi manda y’imyaka itanu Emmanuel Macron, w’ibitekerezo biri hagati na hagati, cyangwa kumusimbuza umuhezanguni ukomeye...
Muri Afghanistani, igisasu cyaturikije umusigiti, gihitana abantu barenga 30 mu mujyi wa Kunduz, mu majyaruguru y’igihugu. Igisasu cyaturitse mu gihe abantu bari mu isengesho ryo...
Abahanga mu buvuzi basabye abantu bose kurushaho kwisuzumisha indwara z’umwijima hakiri kare kuko bigera no kuri cancer y’umwijima, ndetse kugeza ubu serivisi zirebana n’ubuvuzi bw’iyi...
Perezida Paul Kagame yihanganishije abaturage ba Kenya n’Umuryango wa nyakwigendera Mwai Kibaki wayoboye iki gihugu, witabye Imana kuri uyu wa Gatanu azize uburwayi. Perezida wa...
Ibihugu bitanu biri mu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba byiyemeje ko hagomba koherezwa ingabo zihuriweho z’akarere gufasha kugarura amahoro no kurwanya imitwe ihungabanya umutekano muri...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yategetse igisirikare cye kureka gahunda yo kwirara mu ruganda rutunganya ibyuma rwa Azovstal ruri mu mujyi wa Mariupol wo ku cyambu...