Amafunguro muri Hotel zo mu Rwanda “Ni bibi, bike ariko ukishyura umurundo w’amafaranga”
Perezida Kagame yabigarutseho ubwo yavugaga ku nama ya CHOGM u Rwanda ruzakira mu mpeshyi y’uyu mwaka. Ni inama izahuriza hamwe ibihugu 54 bigize Umuryango wa...