Image default
Abantu

Perezida Kagame yabonye umwuzukuru

Perezida wa Repuburika Paul Kagame abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa 20 Nyakanga 2020, yatangaje ko afite ibyishimo byinshi byo kuba ‘Sogokuru’.

Taliki ya 06 Nyakanga 2019 nibwo  Ange Ingabire Kagame, umukobwa umwe rukumbi wa Nyakubahwa perezida Kagame yashakanye na Ndengeyingoma Bertrand.

 

Related posts

Umwami Charles yatangiye kugurisha amafarashi yarazwe na nyina

EDITORIAL

Hari abavuga ko abatandukanye n’abo bashakanye badakwiye kugishwa inama cyangwa guhabwa inshingano

EDITORIAL

Ibyago bikomeye umuntu atitera ni ukubyarwa n’umugizi wa nabi–Bamporiki

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar