Image default
Abantu

Ibyago bikomeye umuntu atitera ni ukubyarwa n’umugizi wa nabi–Bamporiki

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n Umuco, Bamporiki Edouard, asanga kubyarwa n’umugizi wa nabi ari ibyago bikomeye, ariko kandi ngo kwitandukanya n’ikibi ni urugamba umuntu atatsindwa.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa 7Mata 2020 Bamporiki yagize ati “Ibyago bikomeye umuntu atitera nukubyarwa n’umugizi wa nabi. Kwitandukanya n’ikibi cye ni Urugamba Utatsindwa.”

Uyu muyobozi yakomeje avuga ati “Uko tutarambirwa kuryama no kubyuka, kwica inyota n’isari, niko tutazarambirwa kuganira kumateka yacu.”Twimike ukuri, kuko kurakiza .” Twibuke twiyubaka. U Rwanda Rweme.”

iriba.news@gmail.com

Related posts

Umunyarwanda afite isoko ry’amagi muri UN

EDITORIAL

Musanze: Kutamenya gusoma byatumye basinya inyandiko yabakuje mu mitungo yabo

EDITORIAL

Akora amatafari mu bikoresho bikoze muri Pulasitike

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar