Image default
Abantu

Ibyago bikomeye umuntu atitera ni ukubyarwa n’umugizi wa nabi–Bamporiki

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n Umuco, Bamporiki Edouard, asanga kubyarwa n’umugizi wa nabi ari ibyago bikomeye, ariko kandi ngo kwitandukanya n’ikibi ni urugamba umuntu atatsindwa.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa 7Mata 2020 Bamporiki yagize ati “Ibyago bikomeye umuntu atitera nukubyarwa n’umugizi wa nabi. Kwitandukanya n’ikibi cye ni Urugamba Utatsindwa.”

Uyu muyobozi yakomeje avuga ati “Uko tutarambirwa kuryama no kubyuka, kwica inyota n’isari, niko tutazarambirwa kuganira kumateka yacu.”Twimike ukuri, kuko kurakiza .” Twibuke twiyubaka. U Rwanda Rweme.”

iriba.news@gmail.com

Related posts

Intwaza Nyirangoragoza witabye Imana umutungo we yasize awuraze Perezida Kagame

Emma-marie

Kicukiro: Babiri batawe muri yombi bakekwaho guhinga urumogi

Emma-marie

Umudipolomate wa DR Congo yafatanwe ikiyobyabwenge cya Cocaine

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar