Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n Umuco, Bamporiki Edouard, asanga kubyarwa n’umugizi wa nabi ari ibyago bikomeye, ariko kandi ngo kwitandukanya n’ikibi ni urugamba umuntu atatsindwa.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa 7Mata 2020 Bamporiki yagize ati “Ibyago bikomeye umuntu atitera nukubyarwa n’umugizi wa nabi. Kwitandukanya n’ikibi cye ni Urugamba Utatsindwa.”
Uyu muyobozi yakomeje avuga ati “Uko tutarambirwa kuryama no kubyuka, kwica inyota n’isari, niko tutazarambirwa kuganira kumateka yacu.”Twimike ukuri, kuko kurakiza .” Twibuke twiyubaka. U Rwanda Rweme.”
iriba.news@gmail.com