Image default
Amakuru

Leta y’u Rwanda yigomwe ‘amahooro’ y’ibikomoka kuri peterori

Ubutumwa bwatangajwe ku rukuta rwa Twitter rwa RURA kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021 buragira buti “N’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byiyongereyeho 17% ku isoko mpuzamahanga, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cy’uko ibiciro muri Gicurasi na Kamena 2021 biguma uko byari bisanzwe. Leta ikaba yemeye kwigomwa amahooro yari asanzwe yakwa ku bikomoka kuri peteroli”.

 

Related posts

Covid -19: Icyo Perezida Kagame avuga ku muti watangajwe na Madagascar

Emma-marie

Wari uzi ko gukubita umwana akanyafu bidatanga uburere bubonye ?

EDITORIAL

Ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi washakishwaga yishwe n’igituntu mu 2006

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar