Image default
Amakuru

Leta y’u Rwanda yigomwe ‘amahooro’ y’ibikomoka kuri peterori

Ubutumwa bwatangajwe ku rukuta rwa Twitter rwa RURA kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021 buragira buti “N’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byiyongereyeho 17% ku isoko mpuzamahanga, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cy’uko ibiciro muri Gicurasi na Kamena 2021 biguma uko byari bisanzwe. Leta ikaba yemeye kwigomwa amahooro yari asanzwe yakwa ku bikomoka kuri peteroli”.

 

Related posts

Karongi: Abatuye mu Mudugudu wa Rugabano bajya gutira ubwiherero

EDITORIAL

Musanze: Abaturage babangamiwe n’uducurama tuva mu buvumo tukabasanga mu buriri

Emma-marie

Kicukiro: Polisi yafashe uwanduye Coronavirus wanze kwishyira mu kato

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar