Itangazo rivuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo ku itariki ya 2 Nyakanga 2021 riravuga ko Dr. Anita Asiimwe wayoboraga Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, yirukanwe ku mirimo, asimburwa by’agateganyo na Munyemana Gilbert .

previous post