Image default
Mu mahanga

Abantu 43 baburiwe irengero mu nyanja Mediterani

Abimukira 43 ni bo bimaze kumenyekana ko baburiwe irengero nyuma yaho ubwato barimo burohamye mu nyanja ya Mediterani hafi y’inkombe ya Tuniziya.

Ayo makuru yemejwe n’ishyirahamwe ritabara imbabare Red Crescent ryo muri Tuniziya.

Abandi bantu 84 bari muri ubwo bwato barokowe.

Ubu bwato bwahagarutse buvuye mu mujyi wa Zuwara mu gihugu cya Libiya bwarimo abimukira baturuka muri Misiri, Sudani, Eritreya na Bangladeshi.

Related posts

USA: ‘Icyumba Byabereyemo’ igitabo Perezida Trump ahanganye nacyo ngo kidasohoka

Emma-marie

DR Congo:Amafaranga yo kurwanya Covid-19 yaburiwe irengero

EDITORIAL

Canada: Urukiko rwanzuye ko muri Amerika ‘nta mutekano uriyo’ ku basaba ubuhungiro

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar