Image default
Mu mahanga

Abantu 43 baburiwe irengero mu nyanja Mediterani

Abimukira 43 ni bo bimaze kumenyekana ko baburiwe irengero nyuma yaho ubwato barimo burohamye mu nyanja ya Mediterani hafi y’inkombe ya Tuniziya.

Ayo makuru yemejwe n’ishyirahamwe ritabara imbabare Red Crescent ryo muri Tuniziya.

Abandi bantu 84 bari muri ubwo bwato barokowe.

Ubu bwato bwahagarutse buvuye mu mujyi wa Zuwara mu gihugu cya Libiya bwarimo abimukira baturuka muri Misiri, Sudani, Eritreya na Bangladeshi.

Related posts

Senegal: Hari kuba imyigaragambyo ikaze, abategetsi bavuga ko iganisha ku mperuka

EDITORIAL

AstraZeneca expands global health research with South African clinical trials

EDITORIAL

Kenya: Abapolisi bagiye kubuzwa gushakana hagati yabo

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar