Image default
Politike

Busingye Johnston ntakiri Minisitiri

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo 111 iya 112 n’iya 116, Nyakubahwa Perezida wa Repuburika yashyizeho abayobozi.

Johnston Busingye wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, yagizwe uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Dr. Jean Damascene Bizimana agirwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu.

Image

 

 

 

Related posts

Gukora ibyiza ni byo bizaturinda abo bose batwifuriza inabi- Perezida Kagame

EDITORIAL

267 observers approved for Rwanda’s Presidential and Parliamentary elections

EDITORIAL

Abantu 24 bahamijwe ibyaha birimo iterabwoba no kwinjiza intwaro mu Rwanda

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar