Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo 111 iya 112 n’iya 116, Nyakubahwa Perezida wa Repuburika yashyizeho abayobozi.
Johnston Busingye wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, yagizwe uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Dr. Jean Damascene Bizimana agirwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu.