Image default
Politike

Busingye Johnston ntakiri Minisitiri

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo 111 iya 112 n’iya 116, Nyakubahwa Perezida wa Repuburika yashyizeho abayobozi.

Johnston Busingye wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, yagizwe uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Dr. Jean Damascene Bizimana agirwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu.

Image

 

 

 

Related posts

Perezida Kagame aziyamamariza kongera kuyobora u Rwanda mu 2024

EDITORIAL

G7 yashinje Irani guteza umutekano muke

EDITORIAL

Hatangajwe imitungo y’ibanga y’abategetsi bo hirya no hino ku Isi

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar