Image default
Politike

Busingye Johnston ntakiri Minisitiri

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo 111 iya 112 n’iya 116, Nyakubahwa Perezida wa Repuburika yashyizeho abayobozi.

Johnston Busingye wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, yagizwe uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Dr. Jean Damascene Bizimana agirwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu.

Image

 

 

 

Related posts

U Rwanda n’u Burundi byahuriye mu biganiro bigamije ineza ku mpande zombi

Emma-marie

Covid-19: RCA yasabye abakozi bayo guhangana n’ingaruka mu buryo budasanzwe.

Emma-marie

Uwashaka guhungabanya ubusugire bw’Igihugu cyacu byamuhenda -Perezida Kagame

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar