Image default
Politike

Busingye Johnston ntakiri Minisitiri

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo 111 iya 112 n’iya 116, Nyakubahwa Perezida wa Repuburika yashyizeho abayobozi.

Johnston Busingye wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, yagizwe uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Dr. Jean Damascene Bizimana agirwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu.

Image

 

 

 

Related posts

CLADHO yibukije Leta ko kwerekana abakekwaho ibyaha mu Itangazamakuru bigira ingaruka z’igihe kirekire

EDITORIAL

Gushyira Pariki ya Mukura-Gishwati mu murage w’Isi, inyungu ikomeye ku Rwanda

Emma-marie

Ejo Perezida Kagame azaganira n’abakoresha imbuga nkoranyambaga imbonankubone

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar