Image default
Mu mahanga

Abantu 43 baburiwe irengero mu nyanja Mediterani

Abimukira 43 ni bo bimaze kumenyekana ko baburiwe irengero nyuma yaho ubwato barimo burohamye mu nyanja ya Mediterani hafi y’inkombe ya Tuniziya.

Ayo makuru yemejwe n’ishyirahamwe ritabara imbabare Red Crescent ryo muri Tuniziya.

Abandi bantu 84 bari muri ubwo bwato barokowe.

Ubu bwato bwahagarutse buvuye mu mujyi wa Zuwara mu gihugu cya Libiya bwarimo abimukira baturuka muri Misiri, Sudani, Eritreya na Bangladeshi.

Related posts

Jong-un yinjiye mu ntambara ya filime, ururimi n’imyambarire

EDITORIAL

Intambara yahinduye iki muri Afghanistani?

EDITORIAL

Imyigaragambyo yavuyemo imirwano y’abapfa amoko i Goma

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar