Image default
Amakuru

Abasirikare bashya basoje imyitozo ibemerera kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda-Amafoto

Abasirikare bashya b’u Rwanda basoje imyitozo y’ibanze ya gisirikare bari bamazemo umwaka ibemerera kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda.

Image

Iyo myitozo yaberaga mu Kigo cy’imyitozo cya Gisirikare cya Nasho, umuhango wo kuyisoza witabiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura, akaba yashimiye urwo rubyiruko amahitamo meza rwakoze yo kuba bamwe mu bagize umuryango mugari w’Ingabo z’u Rwanda.

Image

Gen Kazuba yabasabye kuzakorana ikinyabupfura.

Yagize ati “Nta kabuza muzagera kuri iyo ntego mukorane ikinyabupfura binyuze mu byo mwize nk’uko mwabigaragaje uyu munsi.”

Image

Pte Uwizeyimana Mwadjuma, umwe mu basoje amasomo yavuze ko yatewe ishema no kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda.

Image

SRC:RDF

Related posts

Ihuriro ry’imiryango mpuzamahanga rirakataje mu gufasha Leta y’u Rwanda guhangana na Covid-19

Emma-marie

Aho urubanza rwa Kabuga ruzabera hamenyekanye

Emma-marie

Gisagara: Abakora inzoga izwi ku izina rya ‘Nyirantare’ batawe muri yombi

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar