Image default
Amakuru

Abasirikare bashya basoje imyitozo ibemerera kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda-Amafoto

Abasirikare bashya b’u Rwanda basoje imyitozo y’ibanze ya gisirikare bari bamazemo umwaka ibemerera kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda.

Image

Iyo myitozo yaberaga mu Kigo cy’imyitozo cya Gisirikare cya Nasho, umuhango wo kuyisoza witabiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura, akaba yashimiye urwo rubyiruko amahitamo meza rwakoze yo kuba bamwe mu bagize umuryango mugari w’Ingabo z’u Rwanda.

Image

Gen Kazuba yabasabye kuzakorana ikinyabupfura.

Yagize ati “Nta kabuza muzagera kuri iyo ntego mukorane ikinyabupfura binyuze mu byo mwize nk’uko mwabigaragaje uyu munsi.”

Image

Pte Uwizeyimana Mwadjuma, umwe mu basoje amasomo yavuze ko yatewe ishema no kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda.

Image

SRC:RDF

Related posts

Muhanga: RIB mu iperereza ku miryango isaga 800 idafite ibyangombwa by’irangamimerere

Ndahiriwe Jean Bosco

Mariah Carey yashyize hanze ibyari amabanga akomeye ku buzima bwe

Emma-marie

2019-2020: Umuvunyi yatunze agatoki ‘Imungu’ z’iterambere zikwiye gushakirwa umuti byihutirwa

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar