Image default
Amakuru

Amakuru mashya muri RCS

Abacungagereza 35 barimo Abawada (warders) n’aba suzofisiye birukanywe burundu mu kazi.

Iteka rya Minisitiri, ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta ryasohotse mu Igazeti ya Leta yo ku wa 31/12/2020, rigaragaza urutonde n’amazina y’Abasuzofisiye n’Abawada b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS) bagera kuri 35 birukanwe burundu mu kazi. Muri iri teka kandi hagaragaramo abandi bacungagereza bazamuwe mu ntera.

Image

iriba.news@gmail.com

Related posts

Uduce tumwe two muri Nyamagabe na Nyamasheke twasubiye muri ‘Guma mu Rugo’

Emma-marie

Umubare w’urubyiruko rw’u Rwanda rufite munsi y’imyaka 30 waragabanyutse-Ibarura

EDITORIAL

Rulindo: Haravugwa abarimu bafungiye mu nzererezi

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar