Umukuru w’umudugudu wa Binyana mu kagari ka Mbuye, mu Murenge wa Kibirizi mu karere ka Nyanza amaze amezi 8 aburana urubanza ashinjwa n’umuturage ko yamwiciye...
Umushumba wa Kiliziya gatolika ku isi Papa Francis azasura Repubulika ya demokarasi ya Congo (DR Congo) na Sudani y’Epfo mu kwezi kwa karindwi, nk’uko byemejwe...
Mu nama rusange ya ONU/UN yateranye kuwa gatatu abahagarariye ibihugu batoye ku bwiganze bamagana ibitero by’Uburusiya basaba ko buhagarika ibyo bikorwa. Igikorwa cy’iyo nama cyari...
Imibiri isaga 800 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yari ishyinguye mu buryo butayihesheje agaciro mu Rwibutso rwa Muhoza mu Karere ka Musanze, yatangiye...
Perezida Joe Biden yavuze ko Perezida Vladimir Putin “ni we wenyine” wateje intambara kuri Ukraine yongeraho ko “kandi azabyishyura igiciro gikomeye mu gihe kirekire”. Ijambo...
Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko nta gisibya mu myaka ibiri, u Rwanda ruzatangira gukora inkingo za Covid19, igituntu na Malaria. Ibi minisitiri w’ubuzima, Dr Ngamije Daniel...
Igisikare cya Ukraine cyatangaje ko abasirikare b’Uburusiya basubukuye ibitero byabo ku murwa mukuru Kyiv. Umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka yatangaje kuri Facebook ko “ibintu...