EAC: Perezida Kagame asanga igihe kigeze ngo abayobozi bashyire mu bikorwa ibyo babwira abaturage
Perezida Paul Kagame yitabiriye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano yemerera burundu Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kwinjira mu Muryango wa Afurika y’u Burasirazuba, avuga...