Umuryango wa CEDEAO uhuza ibihugu 15 byo mu burengerazuba bw’Afurika watangaje ko uhaye igihugu cya Mali igihe kiri hagati y’ umwaka umwe n’amezi 16 ngo...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bwatangaje ko kuri uyu wa 24/03/2022, Mu Murenge wa Kicukiro habaye umuhango wo gusoza igikorwa cyamaze iminsi 12 cyo kondora abana...
Abatwa benshi bo muri Uganda, birukanwe mu myaka 30 ishize mu ngo barazwe n’abasekuruza babo zo mu mashyamba kugira ngo habungabungwe ubuzima bw’inyamaswa, ubu bumva...
Umuvunyi Wungirije Ushinzwe Gukumira no kurwanya Ruswa Hon. Mukama Abbas asanga hari bamwe mu baturage bahura n’akarengane babitewe na bamwe mu bayobozi ku giti cyabo...
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye abayobozi bo mu Ihuriro ry’ibigo mpuzamahanga bishinzwe kumenyekanisha serivisi z’imari bari mu Rwanda, mu nama...