Image default
Ubukungu

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byatumbagiye

Guverinoma yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi ari Frw 1359 ivuye kuri Frw 1256 bizatangira kubahirizwa tariki ya 04 Mata 2022 bigaragaza ko Mazutu yo litiro yashyizwe kuFrw 1368 ivuye ku Frw 1201. Leta ikaba yigomwe miliyari 6 kugira ngo bitazamuka kurushaho.

Inkuru irambuye ni mu kanya …

Image

Related posts

Ingano y’ibyoherezwa mu mahanga yagabanutse ku mpuzandengo ya 15.2%

Emma-marie

Angana na 60% by’ingengo y’imari y’u Rwanda azava imbere mu Gihugu

EDITORIAL

Toni ibihumbi 17 z’umuceri uhingwa mu Rwanda uri mu nganda wabuze abaguzi

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar