Umwami Mswati wa III wa Eswatini yaba yabunze ‘yarahunze igihugu’ mu gihe imyigaragambyo y’abashaka impinduka yateje akaduruvayo imbere mu gihugu. Amakuru akomeje gucicikana mu binyamakuru...
CP Christophe Bizimungu yahawe inshingano zo kuyobora abapolisi bose bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MINUSCA. CP Bizimungu yasimbuye Umufaransa Major General Pascal Champion, wayoboraga...
Muri Nzeri 2020, Ikigo Terrence Higgins Trust gikorera i London mu Bwongereza, cyatangaje inama kigira abantu, kivuga ko bakwiye kwirinda gusomana, bakambara agapfukamunwa mu gihe...
Leta y’Ubwongereza irateganya gushyiraho amategeko yo kohereza abasaba ubuhingiro ahandi ibyabo bikigwaho ari ho bari mu gihe igiye kuganira na Denmark ku gusangira ikigo bashyirwamo...
Matt Hancock yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza nyuma yuko arenze ku ibwiriza ryo kutegerana agasomana n’umukozi bakoranaga. Mu ibaruwa yandikiye Minisitiri w’intebe, yavuze...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Kamena ahagana saa munani z’amanywa nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yafashe...
Umwarimu witwa Paulin w’imyaka 35 y’amavuko wigisha muri Groupe Scolaire Saint Nicolas Nyakanyinya mu Murenge wa Mururu yafatiwe mu cyuho mu gihuru saa tatu z’ijoro...