Ubutumwa bwatangajwe ku rukuta rwa Twitter rwa RURA kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021 buragira buti “N’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byiyongereyeho 17% ku isoko...
Angeline Mukandutiye, umugore umwe gusa uregwa mu rubanza ruvugwamo cyane cyane Paul Rusesabagina, yemeye icyaha aregwa cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba, yavuze uko yashishikarije abakobwa...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumemyingiro, kiratangaza ko muri Kamena uyu mwaka kizatangira gutanga ibikoresho byo gutekeramo mu mashuri abanza bigera ku 2 643, mu rwego rwo kwihutisha...
Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna. Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari “urukundo rw’ubuzima bwanjye”....
Inzobere mu bijyanye n’ubuvuzi bw’indwara zo mu gutwi zivuga ko ubukurugutwa budakabije atari umwanda ahubwo bufatiye runini ubuzima bwo mu gutwi, bagatanga n’inama zijyanye n’uburyo...
Ubwo Jay Polly umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda yagezwaga imbere y’ubutabera kubera ko iwe hafatiwe urumogi, umushinjacyaha yagaragaje ko abaganga bapimye uyu muhanzi n’abandi bari kumwe...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ashaka kubona urubanza rutabogamye kuri Paul Rusesabagina uregwa ibyaha by’iterabwoba. Rusesabagina azwi ku isi kubera filimi Hotel Rwanda ya Hollywood...
Kuwa mbere itsinda ry’abantu ryagiye mu rukiko muri Kenya gusaba ko bemererwa gukoresha urumogi ku mpamvu “z’ukwemera” kwabo. Abagize Rastafari Society of Kenya, bavuga ko...