Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Barack Obama, yavuze ko ahangayikishijwe n’ejo hazaza h’abakobwa be kubera ikibazo cy’ ivanguraruhu. Mu kiganiro kitwa...
Kenya Commercial Bank(KCB) itangaza ko yarangije kuganira n’abayobora Banki y’abaturage y’u Rwanda bakemeranya ko izagura 64% byayo. Irateganya kuzayigura yose. Ikindi ni uko ubuyobozi bwa...
Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta y’umwaka wa 2019/2020 yamurikiwe abagize Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, igaragaza ko umutungo wa Leta wanyerejwe cyangwa se amafaranga yakoreshejwe...
Umugaba mukuru w’ingabo z’Ubufaransa yashishikarije abasirikare kwegura ku kazi niba barashyize umukono ku ibaruwa itavugwaho rumwe iburira ko hagiye kwaduka intambara mu gihugu itejwe n’ubuhezanguni...
Ibitaro bya Ruhengeri byatangaje ko hatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane inkomoko y’icyateye impfu z’abana 19 mu kwezi kumwe mu ishami ryita ku bana bavuka batagejeje...
Abanyapolitiki babiri batavuga rumwe n’ubutegetsi Dr Kizza Besigye na Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine, baravuga ko ingo zabo zigoswe n’abashinzwe umutekano, mu gihe Uganda...
Abaganga bo mu Buhinde baraburira abaturage kwirinda kwisiga amase y’inka avanze n’amaganga bizera ko bizabarinda COVID-19 kuko nta bimenyetso bifatika bigaragaza ko bifite akamaro, ahubwo...
J Cole, usibye impano muri muzika bizwi ko afite n’impano muri Basketball, ndetse bivugwa ko yigeze kugerageza kuba yafatwa n’amakipe yo muri NBA. J.Cole umuhanzi...
Umugabo witwaje intwaro yishe abantu batandatu abarashe nawe ariyica ubwo yari abasanze mu birori by’isabukuru muri leta ya Colorado ku cyumweru, nk’uko polisi ibivuga. Ibi...