Umunyamerikakazi Prof. Michelle Martin wa Kaminuza ya De Paul ya Chicago muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko umuryango witwa Hotel Rwanda Rusesabagina Foundation...
Abagabo 18 bacyekwaga ko bari mu maboko y’inzego z’umutekano za Uganda barekuwe basubira mu cyaro aho bose baturutse. Aba bagabo batawe muri yombi mu kwezi...
Umugore n’abana bane bapfiriye mu mubyigano w’abashakaga kureba isanduku irimo umurambo wa John Magufuli ku kibuga cy’indege, nk’uko polisi yabitangarije BBC. Hari amakuru avuga ko...
Uwahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump azagaruka vuba ku mbuga nkoranyambaga “azanye urubuga rwe” rushyashya, nk’uko umujyanama we abivuga. Jason Miller yabwiye Fox News...
Umukandida ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo-Brazzaville ari mu bitaro kubera Covid-19 mu gihe amatora ya perezida arimo kuba. Mu butumwa bwa videwo burimo guhererekanywa...
Urukiko rwo muri Pakistan rwakatiye abagabo babiri igihano cyo kwicwa kubera gusambanyiriza umugore ku ngufu mu maso y’abana be byateje uburakari mu gihugu ubwo byabaga....
Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe ubuzima bwo mu kanwa, Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda irakangurira abantu kwita ku isuku yo mu kanwa kuko kutabikora bishobora kubakururira...