Ubuyobozi bw’ishuli ryisumbuye ry’abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga riherereye mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye ryigisha imyuga buravuga ko bagorwa no kutabona...
Hari ibiryo bifasha gutuma wumva umeze neza, bigakarishya ubushobozi bwo kwibuka, kandi bigafasha ubwonko gukora neza. Ni ibyemezwa na Uma Naidoo inzobere mu buvuzi bwo...
Umukuru wa kompanyi Meta Mark Zuckerberg yavuze ko ‘app’ nshya iyi kompanyi imaze gutangiza yitwa Threads igamije kurusha Twitter. Inzobere zivuga ko Threads ishobora kwigarurira...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyanza by’umwihariko mu Murenge wa Muyira bavuga ko bishimiye uburyo itangazamakuru ryabagejejeho amakuru y’imigendekere y’urubanza rw’umujandarume Hategekimana Philippe...
Abafite uburezi mu nshingano mu Karere ka Bugesera bavuga ko hari ikibazo cy’ibyumba by’amashuri bidahagije bityo ugasanga mu mashuri amwe n’amwe hari ubucike bukabije. Ikigo...
Abari bafite ubutaka mu Karere ka Rutsiro nyuma bugashyirwa mu buhumekero bwa Pariki ya Gishwati-Mukura, barasaba kubusubizwa, abandi bakaba bavuga ko bitabaye ibyo bahabwa ingurane...