Author : EDITORIAL
Inzozi za Karim Benzema watsindiye Ballon d’Or
Rutahizamu wa Real Madrid n’uw’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa Karim Benzema yatsindiye umupira wa zahabu (Ballon d’Or) uhembwa umukinnyi warushije abandi bose ku isi mu mupira w’amaguru...
Perezida Ruto yashenye umutwe wa polisi ushinjwa ubwicanyi
Perezida wa Kenya William Ruto yasheshe umutwe udasanzwe w’igipolisi wagiye ushinjwa ubwicanyi muri icyo gihugu mu myaka ya vuba. Ruto, wagiye ku butegetsi mu kwezi...
Karongi: Abatuye mu Mudugudu wa Rugabano bajya gutira ubwiherero
Bamwe mu batujwe mu mudugudu w’ikitegererezo wa Rugabano mu karere ka Karongi bavuga ko bibagora kubona aho biherera kubera ko ubwiherero bubakiwe bwazibye. Ni...
“2030 u Rwanda ntiruzaba rugitumiza umuceri mu mahanga”
Uko imyaka igenda ishira indi igataha niko imyumvire Abanyarwanda bafite ku muceri igenda ihinduka. Hambere bumvaga ko umuceri ari ikiribwa cy’abakire, bakawurya kuri noheli no...
UR izahagararira u Rwanda mu marushanwa mpuzamahanga ku mategeko agenga intambara
Itsinda ry’abanyeshuri batatu biga amategeko muri Kaminuza y’u Rwanda niryo rizahagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika ku by’amategeko mpuzamahanga agenga intambara. Tariki 15 Ukwakira 2022,...
Uhagarariye Congo muri UN yashinje u Rwanda gutwara ‘Ingagi n’inguge’ zabo
Uhagarariye DR Congo mu muryango w’abibumbye Georges Nzongola-Ntalaja yashinje u Rwanda, nta bimenyetso yerekanye, kuvana ingagi z’icyo gihugu mu mashyamba yaho bakazijyana mu Rwanda. Nzongola-Ntajala...
Nyamasheke: Hari ibigo byigisha ikoranabuhanga bitagira umuriro na mudasobwa
Bimwe mu bigo by’amashuri byo mu karere ka Nyamasheke, bihangayikishijwe no kwigisha isomo ry’ikoranabuhanga mu gihe nta muriro bifite, abandi bakaba badafite za mudasobwa zo...
Jenerali Muhoozi Kainerugaba yasabye imbabazi Perezida William Ruto
Jenerali Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda yasabye imbabazi Perezida William Ruto wa Kenya kubera ubutumwa aheruka kwandika kuri Twitter ko azatera icyo...