Author : EDITORIAL
Umunyamakuru wa Reuters yirukanwe shishi itabona muri Congo-Kinshasa
Repuburika ya Demukarasi ya Congo, yirukanye umunyamakuru Sonia Rolley, ukorera Ibiro Ntaramakuru Reuters, nyuma yo kumwima uruhushya rwo gukorera muri icyo gihugu. Mu kwezi kwa...
Igikomangoma Louise yaretse iby’ibwami ajya gukorana na fiancé we w’umupfumu
Igikomangoma cya Norway Märtha Louise yivanyeho icyubahiro n’inshingano z’ibwami kugira ngo yibande ku bushabitsi mu buvuzi akorana na fiancé we, uvuga ko ari ‘umupfumu’. Louise...
U Bufaransa bwasoje ‘Opération Barkhane’ yo kurwanya intagondwa ziyitirira Islam muri Sahel
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron kuri uyu wa gatatu aravugira ijambo mu mujyi wa Toulon, aza kuvugamo ko ashoje ku mugaragaro ubutumwa bwa gisirikare bumaze imyaka...
Ku nshuro ya mbere Kabuga yaje mu rubanza rwe
Urubanza rwa Félicien Kabuga uregwa jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda rwasubukuwe kuri uyu wa kabiri, humvwa ubuhamya bw’uvuga ko yari mu mutwe w’Interahamwe, uregwa akaba...
Icyangombwa cy’ubutaka kigiye kujya gitangirwa ku IREMBO
Inzego zishinzwe imicungire y’ubutaka zavuze ko mu kwezi kwa 12 uyu mwaka hazatangira gutangwa ibyangombwa by’ubutaka mu buryo bw’ikoranabuhanga binyuze ku rubuga Irembo nk’uko na...
“Hushpuppi” icyamamare kuri Instagram yakatiwe gufungwa imyaka 11
Umunya-Nigeria wakurikirwaga n’abantu benshi kuri Instagram yakatiwe gufungwa imyaka irenga 11 muri Amerika kubera uruhare rwe mu gico mpuzamahanga gikora uburiganya. Hushpuppi, ubundi izina rye...
Hari abari kuva kuri Twitter bajya kuri Mastodon
Nyuma y’uko Elon Musk afashe Twitter, bamwe mu bayikoresha barimo gushaka izindi mbuga bajyaho. Rumwe mu rwabyungukiyemo ni Mastodon. Ese uru ni ubwoko ki? Uru...
Perezida Kagame yibukije abashinzwe umutekano ko inshingano ya mbere bafite ari ukurinda igihugu n’abagituye
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda aributsa ko inshingano ya mbere abashinzwe umutekano w’u Rwanda bafite ari ukurinda igihugu n’abagituye,...
Ian Kagame muri ba ofisiye bato bahabwa ipeti rya S/Lieutenant
Kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Ugushyingo 2022, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda biteganyijwe ko asoza amasomo y’abofisiye bato...