Image default
Amakuru

Ian Kagame muri ba ofisiye bato bahabwa ipeti rya S/Lieutenant

Kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Ugushyingo 2022, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda biteganyijwe ko asoza amasomo y’abofisiye bato bahabwa ipeti rya S/Lieutenant muri RDF, mu muhango ubera mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Gako.

  Sous Lieutenant, Ian Kagame 

Mu bahabwa iri peti hakaba harimo n’umwana wa Perezida Paul Kagame, witwa Ian Kagame.

Tariki 12 Kanama 2022, Ian Kagame  yasoje amasomo mu ishuri rya Gisirikare ry’Ubwami bw’Ubwongereza( Royal Military Academy) aho yahawe ipeti rya Sous Lieutenant. Ni umuhango wabereye i Sandhurt mu gihugu cy’Ubwongereza, aho wanitabiriwe na Perezida Kagame na Madame we Jeannette Kagame.

Iyi nkuru turacyayikurikirana ….

Iriba.news@gmail.com

 

Related posts

BDF yananiwe kwisobanura imbere ya PAC, ishinja raporo y’Umugenzuzi w’Imari kubogama

Emma-marie

Hari ibihugu byaciye umunsi wa St Valentin ahandi wizihirizwa mu rwihisho

EDITORIAL

OXFAM yahagaritse ibikorwa byayo mu bihugu 18 n’u Rwanda rurimo

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar