Smartphone zimaze kuba nyinshi mu bana, nko mu Bwongereza 91% by’abana b’imyaka 11 barazifite. Ariko se umwana hari icyo abura iyo ntayo afite cyangwa hari...
Silvio Berlusconi wahoze ari minisitiri w’intebe w’Ubutaliyani yarengeye kuba Vladimir Putin yarateye Ukraine, avuga ko uyu mutegetsi w’Uburusiya “yasunikiwe” mu ntambara. Berlusconi w’imyaka 85 yavuze...
Abagabo mu Burusiya barimo kugerageza kuva mu gihugu bahunga kwinjizwa mu gisirikare ngo bajye mu ntambara muri Ukraine. Imirongo yabaye miremire ku mupaka kuva kuwa...
Abanya-karongi bishimiye ko abakobwa bitabiriye amarushanwa nyampinga b’ibidukikije mu Rwanda babafashije gutera ibiti ku kirwa cya Mbabara giherereye mu Kiyaga cya Kivu. Iki kirwa giherereye...
Umugore wo muri leta ya California wahimbye ko yashimuswe yakatiwe gufungwa amezi 18 muri gereza kubera kubeshya ibiro by’iperereza by’imbere muri Amerika, FBI. Sherri Papini...
Urwego rwa Nigeria rurwanya ibiyobyabwenge ruvuga ko rwafashe cocaine isa nkaho ari yo ya mbere nyinshi ifashwe mu mateka y’iki gihugu. Ni toni 1.8 ya...