Nyamagabe: Perezida Kagame yasuye umukecuru w’imyaka isaga 100
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasuye umukecuru w’imyaka 110, umukecuru wagaragaje ko imiyoborere y’u Rwanda ifite ubudasa agahamagarira urubyiruko kurangwa n’ishyaka n’ingeso nziza. Byose byatangiye...