Uwanditse kuri ‘Twitter’ ubutumwa bushishikariza abantu gusambanya abana arafunze
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha ‘RIB’ rwatangaje ko rwataye muri yombi uherutse kwandika ubutumwa bushishikariza abantu gukora icyaha cyo gusambanya abana. Ubutumwa bwanyujijwe ku rukuta rwa...