Ngoma: Ucyekwaho kwigabiza ishyamba rya Leta agahingamo ibigori ari mu maboko ya Polisi
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Ngoma, ku wa Gatanu tariki ya 10 Gashyantare, yafashe uwitwa Ndayisabye Godfroid ufite imyaka...