Icyamamare mu mukino w’umupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yatangaje ko we n’umugore Georgina Rodriguez biteguye kwibaruka Impanga. Ku rukuta rwe rwa Instagram, Ronaldo yashyizeho ifoto we...
Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Nzamwita Deogratias, yamennye ibanga yakoresheje kuva mu 1999 ubwo yinjiraga mu buyobozi bw’inzego z’ibanze, avuga ko kutiyandarika no gushyira imbere inyungu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza ko rwataye muri yombi abanyeshuri 2 bo mu Rwunge rw’Amashuri rya Rubengera mu Karere ka Karongi, aho bakekwaho ko mu minsi...
Uwahoze ari Perezida w’Amerika Donald Trump yatangaje gahunda yo gutangiza urubuga nkoranyambaga rushya rwitwa TRUTH Social (ukuri ku mbuga nkoranyambaga, ugenekereje mu Kinyarwanda). Yavuze ko...
General Colin Powell, umwirabura wa mbere wabaye ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Amerika yapfuye mu gitondo cya none azize ibibazo bivuye kuri Covid-19, nk’uko umuryango we...
Ubutumwa Ingabire Victoire yanditse kuri Twitter mu rurimi rw’Ikinyarwanda n’Icyongereza buragira buti “Ejo tariki 19/10/2021 saa tatu n’igice nasabwe kwitaba kuri RIB.” Ingabire uvuga ko...